Job Description
ITANGAZO RY’AKAZI
Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera buramenyesha abantu bose babyifuza kandi babifitiye ubushobozi ko bushaka gutanga akazi ku mwanya wa DASSO bato mirongo itatu (30), ababyifuza bagomba kuba bujuje ibi bikurikira:
1. Kuba ari Umunyarwanda
2. Kuba abishaka
3. Kuba byibera agejeje imyaka 18 kandi atarengeje imyaka 35
4. Kuba ari indakemwa mu mico no mu myifatire
S. Kuba atarigeze akatirwa igifungo kingana cyangwa kirengeje amezi atandatu.
6. Kuba afite impamyabumenyi y’amashuri atandatu y’ isumbuye.
7. Kuba afite amagara mazima bigaragazwa n’ inyandiko ya muganga wemewe na Leta.
8. Kuba atarigeze y’irukanwa burundu mu kazi ka Leta.
Dosiye ikubiyemo ibisabwa igomba kuba yageze mu bunyamabanga rusange bw’Akarere ka Bugesera guhera tariki ya 29/09/2022 kugeza tariki ya 07/10/2022 saa kumi n’imwe (17h00) za ni mugoroba. Abazaba buzuje ibisabwa bazakora ikizamini cy’Akazi tariki ya 14/10/2022 ku Biro by’akarere saa (8h00) za mugirondo.
Uburyo bwo gusaba kwinjira muri DASSO
– Kuzuza form yabugenewe (Application form) iboneka kurubuga rw’Abakozi b’Akarere ka Bugesera (website) www.bugesera.gov.rw,
– Fotokopi y’impamyabumenyi y’amashuri yize,
– Fotokopi y’indangamuntu,
– Icyemezo cy’ ubudakemwa mu mico no mu myifatire,
– Icyemezo cya muganga kigaragaza ko afite amagara mazima.
Bikorewe Ibugesera kuwa 28-09-2022
Kanda hano Ubone itangazo ryakazi
Kanda hano Ubone Application Form
Job Description
ITANGAZO RY’AKAZI
Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera buramenyesha abantu bose babyifuza kandi babifitiye ubushobozi ko bushaka gutanga akazi ku mwanya wa DASSO bato mirongo itatu (30), ababyifuza bagomba kuba bujuje ibi bikurikira:
1. Kuba ari Umunyarwanda
2. Kuba abishaka
3. Kuba byibera agejeje imyaka 18 kandi atarengeje imyaka 35
4. Kuba ari indakemwa mu mico no mu myifatire
S. Kuba atarigeze akatirwa igifungo kingana cyangwa kirengeje amezi atandatu.
6. Kuba afite impamyabumenyi y’amashuri atandatu y’ isumbuye.
7. Kuba afite amagara mazima bigaragazwa n’ inyandiko ya muganga wemewe na Leta.
8. Kuba atarigeze y’irukanwa burundu mu kazi ka Leta.
Dosiye ikubiyemo ibisabwa igomba kuba yageze mu bunyamabanga rusange bw’Akarere ka Bugesera guhera tariki ya 29/09/2022 kugeza tariki ya 07/10/2022 saa kumi n’imwe (17h00) za ni mugoroba. Abazaba buzuje ibisabwa bazakora ikizamini cy’Akazi tariki ya 14/10/2022 ku Biro by’akarere saa (8h00) za mugirondo.
Uburyo bwo gusaba kwinjira muri DASSO
– Kuzuza form yabugenewe (Application form) iboneka kurubuga rw’Abakozi b’Akarere ka Bugesera (website) www.bugesera.gov.rw,
– Fotokopi y’impamyabumenyi y’amashuri yize,
– Fotokopi y’indangamuntu,
– Icyemezo cy’ ubudakemwa mu mico no mu myifatire,
– Icyemezo cya muganga kigaragaza ko afite amagara mazima.
Bikorewe Ibugesera kuwa 28-09-2022
Kanda hano Ubone itangazo ryakazi
Kanda hano Ubone Application Form