MENYA BYINSHI KU IMPINDUKA ZIZABA MU KUBARA AMANOTA Y’IKIZAMINI CYA LETA( Primary, O’Level na A’ Level)

0
1463

Izi nizo mpinduka za Grading , ibi birafasha buri wese kugira amakuru ku manota y ibizamini bya Leta dutegereje muri iyi minsi uko azasohoka yitwaye:

1.Aho umwana wa mbere wa P6 azagira 30, uwa nyuma akagira 0. Uwatsinze wemererwa gukomeza secondary akazaba ari uwagize byibura amanota 5, munsi yayo azagirwe inama yo gusibira kuko azaba yatsinzwe.

2. Uwa mbere wa O’ Level azaba afite 54, uwa nyuma afite 0. Uzemererwa gukomeza muri A Level ni uzaba afite amanota 9 Munsi yaho azaba yatsinzwe azagirwe inama yo gusibira.

3. Uwa mbere A level azagira amanota 60 ibyo yaba yiga byose (G.E, Professional Education cga TVET byose byaranganyijwe), Uzemererwa certificate ni uzaba byibuze nawe yagize  9. Abari munsi ya 9 bose bazaba batsinzwe nka O Level bazagirwe inama yo gusibira nabo.

Mwaramutseho neza,

Dore uko *NESA* igiye kuzajya ishyira amanota mu byiciro n’ingano y’amanota

70-100: ” *A* “agaciro 6

65-69:” *B* ” Agaciro *5* 

60-64:” *C* “Agaciro *4* 

50-59:” *D* ” Agaciro *3* 

40-49:” *E* ” Agaciro *2* 

20-39:” *S* ” Agaciro *1* 

0-19:” *F* ”  Agaciro *0* 

 *P6* : Amanota menshi azajya abona ni amanota *30* bivuzeko 6×5 ( 5 umubare w’amasomo akorwa)  & 6=A

 *S3* :Amanota menshi azajya abona ni amanota *54* bivuzeko 6×9 ( 9 umubare w’amasomo akorwa)  & 6=A

 *S6* : uwagize amanota menshi azajya abona 60,

Bitewe nuko amasomo bakora atangana

 *TVT* uwatsinze azajya abona Amanota angana cg aruta amanota 70

Uwagize munsi 70, azajya aba yatsinzwe.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here