Itangazo rimenyesha impinduka mu ikora ry’ibizamini by’akazi mu buryo bwanditse ku myanya itandukanye(Nyamagabe).
Mwaramutse! Bitewe nuko uyu munsi ari uw’ikiruhuko, ibizamini by’akazi ku myanya itandukanye mu Karere byari biteganyijwe kuri uyu wa Mbere Tariki ya 12 Kanama 2024, bizakorwa ku wa Gatanu Tariki ya 16 Kanama 2024. Murakoze!