Umuyobozi w’Ikigo cy’amashuri cya GS Bitaba yatawe muri yombi nyuma yo gukekwaho icyaha cyo gufata ku ngufu umwana w’umuhungu w’imyaka 19.
Ntawukuriryayo Jean d’Amour w’imyaka 48 y’amavuko, Umuyobozi w’Ikigo cy’amashuri cya GS Bitaba gihereye mu Murenge wa Muzo mu Karere ka Gakenke, yatawe muri yombi ,ngo yari amaze iminsi ashakishwa n’inzego zishinzwe umutekano nyuma yo gukekwaho icyaha cyo gufata ku ngufu umwana w’umuhungu w’imyaka 19.

Nibamuhambire
Burya se mu Rwanda tugira abatinganyi?!?!?,😗🤔😱🙈