MINALOC yasabye abitabira ibikorwa byo kwiyamamaza gukurikiza amabwiriza bahabwa n’ababishinzwe kugira ngo hubahirizwe umutekano n’ituze ryabo.

0
37

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu MINALOC yasabye abitabira ibikorwa byo kwiyamamaza gukurikiza amabwiriza bahabwa n’ababishinzwe kugira ngo hubahirizwe umutekano n’ituze ryabo.

 

Ni ubutumwa bwatanzwe nyuma y’uko umuntu umwe yitabye Imana, abandi 37 bagakomereka mu muvundo wavutse ku muryango wasohokeragamo abitabiriye ibikorwa byo kwiyamamaza by’Umuryango wa FPR-Inkotanyi i Rubavu kuri iki Cyumweru.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here