Aho Wanyura (Link)ureba amanita y’Abanyeshuri bakoze ibizamini bya leta 2023
Kureba amanota mwakanda kuri iyi “Link”: https://sdms.gov.rw/sas-ui/public/nationalExaminationResult.zul… Mushobora kandi kureba amanota mukoresheje “SMS”. Ni ukohereza “Index number” kuri 8888.
Mu bizamini bisoza icyiciro cyambere cy’amashuri yisumbuye ijanisha rusange ry’imitsindire ni 86.97% (abakobwa 84.41 % naho abahungu 90.20%). Abanyeshuri bari biyandikishije muri iki cyiciro bari 131,602, ababashije gukora ibizamini byose ni 130,9

Kuri uyu wa 12 Nzeri 2023, kuri Minisiteri y’Uburezi habereye igikorwa cyo gutangaza amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’icyiciro cya mbere cy’amashuri yisumbuye umwaka w’amashuri 2022/2023 ndetse hanaba igikorwa cyo gushimira abanyeshuri babaye indashyikirwa.

Muri rusange mu cyiciro gisoza amashuri abanza ijanisha rusange ry’imitsindire ni 91.09% (abakobwa 91.27 % naho abahungu 90.87%). Abanyeshuri bari biyandikishije gukora ibizamini bya Leta bari 203,083 mu gihe abakoze ibizamini byose bisoza amashuri abanza bari 201,387.
Ministry of Education | Rwanda
Kuri uyu wa 12 Nzeri 2023, kuri Minisiteri y’Uburezi habereye igikorwa cyo gutangaza amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’icyiciro cya mbere cy’amashuri yisumbuye umwaka w’amashuri 2022/2023 ndetse hanaba igikorwa cyo gushimira abanyeshuri babaye indashyikirwa.