REB ntikozwa ibya to Whom kubakandida basabye akazi ko kwigisha
Nyuma y’uko REB ibyinyujije kuri E-recruitmement ya MIFOTRA igaragaza Abakandida batemerewe gukora ibizamini impaka zavutse batangira kubuza binyuze kuri twitter account ya REB:
Muhire Remmy nuko aterura abaza REB ati”Mwiriwe twakoze application tugashyiramo TO WHOM zerekana ko twarangije amasomo tukaba dutegereje diplome tukaba twabaye not shortlisted ubwo ntimwaturenganije Kandi mwari musanzwe mwemera to whom, mwibaze ukuntu umuntu azategereza umwaka Kandi yarasoje kwiga muturenganure?”
lè Couplè Garçon Rwanda nawe ati
nkuko twabonye aya mabwiriza mwari mwaduhaye ngo dukurikize nyuma yaho mwaba mwaratanze irindi tangazo rivugiruza iringiri ko ntaryo twabonye? Murakoze.
