Kaminuza y’u Rwanda ishami ry’uburezi yagaragaje ibisabwa ku munyeshuri ushaka kuyigamo uyu mwaka ndetse n’umubare ntarengwa w’abo izakira muri buri shami wagaragajwe

0
319

Kaminuza y’u Rwanda ishami ry’uburezi yagaragaje ibisabwa ku munyeshuri ushaka kuyigamo uyu mwaka w’amashuri 2022-2023 ndetse n’umubare ntarengwa w’abo izakira muri buri shami wagaragajwe. Muri iyi mibare biragaragara ko abanyeshuri bemerewe kwiga mu mashami yose y’uburezi basaga gato 2000.

Ku bindi birambuye wareba hano hasi:

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here