Abarimu 150 mu Rwanda bahawe impamyabumenyi mpuzamahanga ya ICDL

0
1001

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Tekiniki, Imyuga n’Ubumenyi Ngiro (Rwanda TVET Board – RTB) rwasabye abarimu batandukanye bo mu bigo by’amashuri ya Leta n’ayigenga byigisha tekiniki, gukoresha ubumenyi bwahawe.

Abarimu 150 bamaze igihe bahugurwa ku masomo y’ikoranabuhanga, bahawe impamyabumenyi mpuzamahanga ya ICDL (International Certificate Driving License).

Umukunzi Paul, Umuyobozi Mukuru wa RTB, asobanura ko amasomo yagenewe abarimu batandukanye kugira ngo bagire ubumenyi buhagije ku ikoreshwa ry’ikoranabuhanga mu kazi kabo ka buri munsi ko kwigisha.

Ni amasomo ari ku rwego mpuzamahanga ya ICDL aho biga gukoresha mudasobwa bakayigiraho ubumenyi butandukanye kugira ngo bagire ubumenyi buhagije mu gukoresha mudasobwa mu buryo bwo kwigisha.

Impamyabumenyi bahawe yemewe ku rwego mpuzamahanga bakaba bayikoresha aho bagera hose ku Isi.

RTB yifuza ko umwarimu wese wigisha mu ishuri rya tekiniki yagombye kuba afite impamyabumenyi nk’iyi, afite ubuhanga buhagije mu gukoresha ibikoresho by’ikoranabuhanga mu kwigisha.

Umukunzi yagize ati: “Abarimu icyo tubasaba ni uko ubumenyi bafite babukoresha mu kazi kabo gasanzwe babamo ko kwigisha ariko cyane cyane nkuko twabibasabye bagatangira no kwigisha bagenzi babo”.

Avuga ko amahugurwa abarimu barangije azafasha mu kunoza ireme ry’uburezi mu mashuri ya tekiniki.

Umukunzi asaba abarimu bahuguwe guhindura imyumvire bityo imyigishirize yabo ikazamo ikoranabuhanga.

Ugizwenamariya Corona umwe mu barimu basoje amahugurwa wigisha mu karere ka Rusizi, avuga ko kera bandikishaga ikaramu mu gutegura amasomo ariko ngo uyu munsi bakoresha mudasobwa.

Ati: “Nyuma y’aya mahugurwa twahawe, umwarimu ari ku rwego rushimishije kandi yajya no kwigisha mu bindi bihugu”.

Ahamya ko mu bigo by’amashuri ya TSS (Technical Secondary School) nta mbogamizi z’ibikorwaremezo nk’amashanyarazi bahura nazo kuko ngo mu Rwanda hari amashanyarazi by’umwihariko mu bigo bya TSS.

Ati: “Dufite ibikoresho ku rwego twishimira ku buryo iyo dukeneye gukoresha iryo koranabuhanga bitatugora”.

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Tekiniki, Imyuga n’Ubumenyi Ngiro (Rwanda TVET Board – RTB) rwasabye abarimu batandukanye bo mu bigo by’amashuri ya Leta n’ayigenga byigisha tekiniki, gukoresha ubumenyi bwahawe.

Abarimu 150 bamaze igihe bahugurwa ku masomo y’ikoranabuhanga, bahawe impamyabumenyi mpuzamahanga ya ICDL (International Certificate Driving License).

Umukunzi Paul, Umuyobozi Mukuru wa RTB, asobanura ko amasomo yagenewe abarimu batandukanye kugira ngo bagire ubumenyi buhagije ku ikoreshwa ry’ikoranabuhanga mu kazi kabo ka buri munsi ko kwigisha.

Ni amasomo ari ku rwego mpuzamahanga ya ICDL aho biga gukoresha mudasobwa bakayigiraho ubumenyi butandukanye kugira ngo bagire ubumenyi buhagije mu gukoresha mudasobwa mu buryo bwo kwigisha.

Impamyabumenyi bahawe yemewe ku rwego mpuzamahanga bakaba bayikoresha aho bagera hose ku Isi.

RTB yifuza ko umwarimu wese wigisha mu ishuri rya tekiniki yagombye kuba afite impamyabumenyi nk’iyi, afite ubuhanga buhagije mu gukoresha ibikoresho by’ikoranabuhanga mu kwigisha.

Umukunzi yagize ati: “Abarimu icyo tubasaba ni uko ubumenyi bafite babukoresha mu kazi kabo gasanzwe babamo ko kwigisha ariko cyane cyane nkuko twabibasabye bagatangira no kwigisha bagenzi babo”.

Avuga ko amahugurwa abarimu barangije azafasha mu kunoza ireme ry’uburezi mu mashuri ya tekiniki.

Umukunzi asaba abarimu bahuguwe guhindura imyumvire bityo imyigishirize yabo ikazamo ikoranabuhanga.

Ugizwenamariya Corona umwe mu barimu basoje amahugurwa wigisha mu karere ka Rusizi, avuga ko kera bandikishaga ikaramu mu gutegura amasomo ariko ngo uyu munsi bakoresha mudasobwa.

Ati: “Nyuma y’aya mahugurwa twahawe, umwarimu ari ku rwego rushimishije kandi yajya no kwigisha mu bindi bihugu”.

Ahamya ko mu bigo by’amashuri ya TSS (Technical Secondary School) nta mbogamizi z’ibikorwaremezo nk’amashanyarazi bahura nazo kuko ngo mu Rwanda hari amashanyarazi by’umwihariko mu bigo bya TSS.

Ati: “Dufite ibikoresho ku rwego twishimira ku buryo iyo dukeneye gukoresha iryo koranabuhanga bitatugora”.

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Tekiniki, Imyuga n’Ubumenyi Ngiro (Rwanda TVET Board – RTB) rwasabye abarimu batandukanye bo mu bigo by’amashuri ya Leta n’ayigenga byigisha tekiniki, gukoresha ubumenyi bwahawe.

Abarimu 150 bamaze igihe bahugurwa ku masomo y’ikoranabuhanga, bahawe impamyabumenyi mpuzamahanga ya ICDL (International Certificate Driving License).

Umukunzi Paul, Umuyobozi Mukuru wa RTB, asobanura ko amasomo yagenewe abarimu batandukanye kugira ngo bagire ubumenyi buhagije ku ikoreshwa ry’ikoranabuhanga mu kazi kabo ka buri munsi ko kwigisha.

Ni amasomo ari ku rwego mpuzamahanga ya ICDL aho biga gukoresha mudasobwa bakayigiraho ubumenyi butandukanye kugira ngo bagire ubumenyi buhagije mu gukoresha mudasobwa mu buryo bwo kwigisha.

Impamyabumenyi bahawe yemewe ku rwego mpuzamahanga bakaba bayikoresha aho bagera hose ku Isi.

RTB yifuza ko umwarimu wese wigisha mu ishuri rya tekiniki yagombye kuba afite impamyabumenyi nk’iyi, afite ubuhanga buhagije mu gukoresha ibikoresho by’ikoranabuhanga mu kwigisha.

Umukunzi yagize ati: “Abarimu icyo tubasaba ni uko ubumenyi bafite babukoresha mu kazi kabo gasanzwe babamo ko kwigisha ariko cyane cyane nkuko twabibasabye bagatangira no kwigisha bagenzi babo”.

Avuga ko amahugurwa abarimu barangije azafasha mu kunoza ireme ry’uburezi mu mashuri ya tekiniki.

Umukunzi asaba abarimu bahuguwe guhindura imyumvire bityo imyigishirize yabo ikazamo ikoranabuhanga.

Ugizwenamariya Corona umwe mu barimu basoje amahugurwa wigisha mu karere ka Rusizi, avuga ko kera bandikishaga ikaramu mu gutegura amasomo ariko ngo uyu munsi bakoresha mudasobwa.

Ati: “Nyuma y’aya mahugurwa twahawe, umwarimu ari ku rwego rushimishije kandi yajya no kwigisha mu bindi bihugu”.

Ahamya ko mu bigo by’amashuri ya TSS (Technical Secondary School) nta mbogamizi z’ibikorwaremezo nk’amashanyarazi bahura nazo kuko ngo mu Rwanda hari amashanyarazi by’umwihariko mu bigo bya TSS.

Ati: “Dufite ibikoresho ku rwego twishimira ku buryo iyo dukeneye gukoresha iryo koranabuhanga bitatugora”.

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Tekiniki, Imyuga n’Ubumenyi Ngiro (Rwanda TVET Board – RTB) rwasabye abarimu batandukanye bo mu bigo by’amashuri ya Leta n’ayigenga byigisha tekiniki, gukoresha ubumenyi bwahawe.

Abarimu 150 bamaze igihe bahugurwa ku masomo y’ikoranabuhanga, bahawe impamyabumenyi mpuzamahanga ya ICDL (International Certificate Driving License).

Umukunzi Paul, Umuyobozi Mukuru wa RTB, asobanura ko amasomo yagenewe abarimu batandukanye kugira ngo bagire ubumenyi buhagije ku ikoreshwa ry’ikoranabuhanga mu kazi kabo ka buri munsi ko kwigisha.

Ni amasomo ari ku rwego mpuzamahanga ya ICDL aho biga gukoresha mudasobwa bakayigiraho ubumenyi butandukanye kugira ngo bagire ubumenyi buhagije mu gukoresha mudasobwa mu buryo bwo kwigisha.

Impamyabumenyi bahawe yemewe ku rwego mpuzamahanga bakaba bayikoresha aho bagera hose ku Isi.

RTB yifuza ko umwarimu wese wigisha mu ishuri rya tekiniki yagombye kuba afite impamyabumenyi nk’iyi, afite ubuhanga buhagije mu gukoresha ibikoresho by’ikoranabuhanga mu kwigisha.

Umukunzi yagize ati: “Abarimu icyo tubasaba ni uko ubumenyi bafite babukoresha mu kazi kabo gasanzwe babamo ko kwigisha ariko cyane cyane nkuko twabibasabye bagatangira no kwigisha bagenzi babo”.

Avuga ko amahugurwa abarimu barangije azafasha mu kunoza ireme ry’uburezi mu mashuri ya tekiniki.

Umukunzi asaba abarimu bahuguwe guhindura imyumvire bityo imyigishirize yabo ikazamo ikoranabuhanga.

Ugizwenamariya Corona umwe mu barimu basoje amahugurwa wigisha mu karere ka Rusizi, avuga ko kera bandikishaga ikaramu mu gutegura amasomo ariko ngo uyu munsi bakoresha mudasobwa.

Ati: “Nyuma y’aya mahugurwa twahawe, umwarimu ari ku rwego rushimishije kandi yajya no kwigisha mu bindi bihugu”.

Ahamya ko mu bigo by’amashuri ya TSS (Technical Secondary School) nta mbogamizi z’ibikorwaremezo nk’amashanyarazi bahura nazo kuko ngo mu Rwanda hari amashanyarazi by’umwihariko mu bigo bya TSS.

Ati: “Dufite ibikoresho ku rwego twishimira ku buryo iyo dukeneye gukoresha iryo koranabuhanga bitatugora”.

Ashimira Leta y’u Rwanda ko yashoboye gushyira mu ngengo y’imari ibijyanye n’amashanyarazi mu bigo byigisha imyuga.vvvvvv

Ashimira Leta y’u Rwanda ko yashoboye gushyira mu ngengo y’imari ibijyanye n’amashanyarazi mu bigo byigisha imyuga.

Ashimira Leta y’u Rwanda ko yashoboye gushyira mu ngengo y’imari ibijyanye n’amashanyarazi mu bigo byigisha imyuga.

Ashimira Leta y’u Rwanda ko yashoboye gushyira mu ngengo y’imari ibijyanye n’amashanyarazi mu bigo byigisha imyuga.

Reoder Hagabimana, Umuyobozi wungirije ushinzwe amasomo kuri G.S Munyinya TSS iherereye mu Karere ka Gicumbi mu ntara y’Amajyaruguru, avuga ko mu mahugurwa bahawe harimo gukoresha mudasobwa.

Agaragaza ko bize ibintu bitandukanye bizabafasha mu kazi kabo. Ati: “Mu mahugurwa turangije ya ICDL twize gukoresha mudasobwa. Si ugukoresha mudasobwa kwa kundi twandika gusa ahubwo twize uburyo wakoresha mudasobwa mu kwigisha, uko warinda amasomo wateguye (Cyber Security) n’andi masomo”.

Avuga ko hari imbogamizi yajyaga ahura nazo mu kazi ke ka buri munsi kubera ubumenyi buke afite kuri mudasobwa, akaba yizeye gukoresha neza ikoranabuhanga.

Ati: “Ariko ubumenyi mpawe buzamfasha gukora akazi kanjye neza, ingengabihe z’amasomo ziboneke neza kandi ku gihe”.

RTB itangaza ko umwaka utaha uzajya kurangira, umwarimu wese wigisha mu ishuri rya tekiniki azaba afite ubumenyi bwo gukoresha ikoranabuhanga mu kwigisha.

Akomeza avuga ko aya mahugurwa azagira uruhare mu kongera ireme ry’uburezi. Amahugurwa atangwa n’umuryango utari uwa Leta ugamije guteza imbere uburezi n’ikoranabuhanga (Edified Generation Rwanda – EGR) ku bufatanye na RTB.

Ntirenganya Valens, Umuyobozi wa EGR, avuga ko amahugurwa yahawe abarimu 150 bo mu Turere twa Gasabo, Gicumbi, Gatsibo, Rusizi na Nyamagabe.

Umuyobozi wa EGR yijeje ko bazakomeza guteza imbere ikoranabuhanga.

Ntirenganya yagize ati: “Mfashe uyu mwanya ngira ngo nizeze ko EGR yiyemeje guteza imbere ikoranabuhanga by’umwihariko muri gahunda z’uburezi. Kuri twe iyi ni intangiriro kandi twizeye ko twese hamwe tuzagera kuri byinshi”.

Abarimu bamaze amezi 4 bahugurwa. Amahugurwa yatangiye kuva muri Kamena asoza muri Nzeri uyu mwaka.

Mu barimu barenga 6,000 bigisha amasomo ya tekiniki, abarimu bagera 3,000 ni bo bamaze kubona amahugurwa.

Amashuri yigisha ubumenyingiro kugeza ubu ni 491, abarimu bayigishamo barasaga 6,000. Muri aba harimo abo mu mashuri ya Leta n’abo mu mashuri yigenga.

Reoder Hagabimana, Umuyobozi wungirije ushinzwe amasomo kuri G.S Munyinya TSS iherereye mu Karere ka Gicumbi mu ntara y’Amajyaruguru, avuga ko mu mahugurwa bahawe harimo gukoresha mudasobwa.

Agaragaza ko bize ibintu bitandukanye bizabafasha mu kazi kabo. Ati: “Mu mahugurwa turangije ya ICDL twize gukoresha mudasobwa. Si ugukoresha mudasobwa kwa kundi twandika gusa ahubwo twize uburyo wakoresha mudasobwa mu kwigisha, uko warinda amasomo wateguye (Cyber Security) n’andi masomo”.

Avuga ko hari imbogamizi yajyaga ahura nazo mu kazi ke ka buri munsi kubera ubumenyi buke afite kuri mudasobwa, akaba yizeye gukoresha neza ikoranabuhanga.

Ati: “Ariko ubumenyi mpawe buzamfasha gukora akazi kanjye neza, ingengabihe z’amasomo ziboneke neza kandi ku gihe”.

RTB itangaza ko umwaka utaha uzajya kurangira, umwarimu wese wigisha mu ishuri rya tekiniki azaba afite ubumenyi bwo gukoresha ikoranabuhanga mu kwigisha.

Akomeza avuga ko aya mahugurwa azagira uruhare mu kongera ireme ry’uburezi. Amahugurwa atangwa n’umuryango utari uwa Leta ugamije guteza imbere uburezi n’ikoranabuhanga (Edified Generation Rwanda – EGR) ku bufatanye na RTB.

Ntirenganya Valens, Umuyobozi wa EGR, avuga ko amahugurwa yahawe abarimu 150 bo mu Turere twa Gasabo, Gicumbi, Gatsibo, Rusizi na Nyamagabe.

Umuyobozi wa EGR yijeje ko bazakomeza guteza imbere ikoranabuhanga.

Ntirenganya yagize ati: “Mfashe uyu mwanya ngira ngo nizeze ko EGR yiyemeje guteza imbere ikoranabuhanga by’umwihariko muri gahunda z’uburezi. Kuri twe iyi ni intangiriro kandi twizeye ko twese hamwe tuzagera kuri byinshi”.

Abarimu bamaze amezi 4 bahugurwa. Amahugurwa yatangiye kuva muri Kamena asoza muri Nzeri uyu mwaka.

Mu barimu barenga 6,000 bigisha amasomo ya tekiniki, abarimu bagera 3,000 ni bo bamaze kubona amahugurwa.

Amashuri yigisha ubumenyingiro kugeza ubu ni 491, abarimu bayigishamo barasaga 6,000. Muri aba harimo abo mu mashuri ya Leta n’abo mu mashuri yigenga.

Reoder Hagabimana, Umuyobozi wungirije ushinzwe amasomo kuri G.S Munyinya TSS iherereye mu Karere ka Gicumbi mu ntara y’Amajyaruguru, avuga ko mu mahugurwa bahawe harimo gukoresha mudasobwa.

Agaragaza ko bize ibintu bitandukanye bizabafasha mu kazi kabo. Ati: “Mu mahugurwa turangije ya ICDL twize gukoresha mudasobwa. Si ugukoresha mudasobwa kwa kundi twandika gusa ahubwo twize uburyo wakoresha mudasobwa mu kwigisha, uko warinda amasomo wateguye (Cyber Security) n’andi masomo”.

Avuga ko hari imbogamizi yajyaga ahura nazo mu kazi ke ka buri munsi kubera ubumenyi buke afite kuri mudasobwa, akaba yizeye gukoresha neza ikoranabuhanga.

Ati: “Ariko ubumenyi mpawe buzamfasha gukora akazi kanjye neza, ingengabihe z’amasomo ziboneke neza kandi ku gihe”.

RTB itangaza ko umwaka utaha uzajya kurangira, umwarimu wese wigisha mu ishuri rya tekiniki azaba afite ubumenyi bwo gukoresha ikoranabuhanga mu kwigisha.

Akomeza avuga ko aya mahugurwa azagira uruhare mu kongera ireme ry’uburezi. Amahugurwa atangwa n’umuryango utari uwa Leta ugamije guteza imbere uburezi n’ikoranabuhanga (Edified Generation Rwanda – EGR) ku bufatanye na RTB.

Ntirenganya Valens, Umuyobozi wa EGR, avuga ko amahugurwa yahawe abarimu 150 bo mu Turere twa Gasabo, Gicumbi, Gatsibo, Rusizi na Nyamagabe.

Umuyobozi wa EGR yijeje ko bazakomeza guteza imbere ikoranabuhanga.

Ntirenganya yagize ati: “Mfashe uyu mwanya ngira ngo nizeze ko EGR yiyemeje guteza imbere ikoranabuhanga by’umwihariko muri gahunda z’uburezi. Kuri twe iyi ni intangiriro kandi twizeye ko twese hamwe tuzagera kuri byinshi”.

Abarimu bamaze amezi 4 bahugurwa. Amahugurwa yatangiye kuva muri Kamena asoza muri Nzeri uyu mwaka.

Mu barimu barenga 6,000 bigisha amasomo ya tekiniki, abarimu bagera 3,000 ni bo bamaze kubona amahugurwa.

Amashuri yigisha ubumenyingiro kugeza ubu ni 491, abarimu bayigishamo barasaga 6,000. Muri aba harimo abo mu mashuri ya Leta n’abo mu mashuri yigenga.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here